Karite Products in Rwanda
29/06/2017
Niba ushaka kugira uruhu rwiza itwararike kurusukura neza mbere yo kuryama ukoresheje demaquillant ( skin toner) itangiza uruhu. Aha twakurangira inziza yo mu bwoko bwa Karite.
IKORESHWA KU BISIGA IBIRUNGO NDETSE N'ABANDI BOSE ITATUMA URUHU RUHUMEKA NEZA.
Wadusanga mu isoko rya Nyarugenge ground floor F1, Room 22
Wanaduhamagara kuri 0781095165
16/06/2017
Umuti uvura imvuvu zikagenda burundu
Kugira imisatsi ikomeye kandi irimo imvuvu usanga bibangamira abantu benshi kuko imvuvu ziryana zigatuma n’umusatsi usa nabi, naho imisatsi ikomeye nayo ikagorana kuyisokoza cyane mu gihe ushaka gutunga myinshi kandi utadefiriza.
Uko uzabigenza ngo ibyo bibazo byose bikemuke burundu
Ufata amavuta ya Castror oil ukajya usiga mu musatsi nkuko usigamo amavuta asanzwe . gusa no ku bafite imvuvu mu bisuko, muri plante na dreads nabo bayakoresha rimwe cyangwa kabiri mu cyumweru.
Ibindi bibazo bivurwa n’aya mavuta :
• Ubushye bw’izuba no kubaburwa n’amavuta atukuza
• Imisatsi ipfuka n’iyanga gukura
• Imisatsi ikomeye idasokoreka
• Imyate, koroshya ibirenge n’intoki.
Wayasanga mu isoko rya Nyarugenge, etage yo hasi F1, Umuryango wa 22. Wanabahamagara kuri 0789802254 no no kuri 0781095165
14/06/2017
Amavuta avura ibiheri byo mu maso mu gihe gito
Akenshi usanga amavuta abantu bagura ngo bivure ibiheri aba agira izindi ngaruka ku ruhu kuko aba arimo produits zangiza uruhu. Nyamara ushobora kwivura ibiheri ukoresheje amavuta yakozwe mu bintu by’umwimerere ukagira uruhu rwiza kandi rufite itoto.
Amavuta yitwa facial cleanser lotion yo mu bwoko bwa Karite avura ibiheri byo mu maso n’ibindi bibazo bikurikira :
Ibiheri biterwa no kugira uruhu rw’amavuta menshi aho usanga umuntu ayaga cyane kandi akagira uduheri duto cyangwa se ibinini. Bene uyu muntu ufite uruhu rw’amavuta usanga akunda kugira utuntu tw’umweru twinshi dusohoka mu mubiri we cyane cyane ku kananwa no ku mpande y’izuru.
Allergies. Hari abandi bazana uduheri duto twa allergies mu maso ndetse n’ahandi ku ruhu, nabo bakoresha aya mavuta akabafasha.
Uruhu rukomeye : ku bantu bafite uruhu rukomeye usanga rukanyaraye nabo bakoresha aya mavuta akabafasha kuko ibiyakoze birimo avocado oil n’amande douce bituma uruhu rworoha rugasubirana itoto
Amabara y’ibiheri n’ayaterwa n’izuba ( tampon)
Ise, ibifaranga n’inkovu zabyo
N’utundi tuntu duto two ku muburi dutuma umuntu atagaragara neza
Uko akoreshwa
Urakaraba mu maso bisanzwe cyagwa se ahandi hari ikibazo ukajya uhasiga kabiri cyangwa gatatu mu cyumweru , cyangwa se buri munsi bitewe n’ikibazo ufite.
Aya mavuta ashobora kuboneka mu Rwanda afite ingano ya ml 50 na ml 100 ukayabona ku giciro gito cyane kuko ml 100 zigura ibihumbi bibiri gusa.
Icyitonderwa : Aya mavuta ntabwo aguhindura uruhu ngo rutukure cyangwa se ngo ucye nkuko abantu bamwe babyita iyo bashaka kubyoroshya. Ugumana uruhu rwawe uko ruri ahubwo yo akagukuraho uduheri n’izindi nenge zaje ku ruhu rwawe, adahinduye umwimerere warwo
Wayasanga mu isoko rya Nyarugenge, etage yo hasi F1, Umuryango wa 22. Wanabahamagara kuri 0789802254 no kuri 0781095165
Click here to claim your Sponsored Listing.
Category
Telephone
Website
Address
Kigali