IGIHE
09/06/2026
Minisitiri w’Ubutabera w’u Bufaransa, Gerald Darmanin, ku wa 8 Kamena 2026, yategetse ko ubushinjacyaha bw’iki gihugu bukwiriye kuba bwakurikiranye ibibazo 70.000 birimo ibijyanye no guhohotera abana. Ubushinjacyaha bwasabwe ko bukwiriye kuba bwabikozeho bitarenze ku wa 14 Nyakanga 2026.
Abahohotewe bakomeje kujyana ababibakoreye mu nkiko nyuma y’icyumweru Polisi ibonye umurambo w’umwana w’umukobwa wiswe Lyhanna mu bubiko bw’ibinyampeke butagikoreshwa buri mu majyepfo y’uburengerazuba bw’u Bufaransa, bitera ibibazo bikomeye.
Ikibazo cyo guhotera abana mu Bufaransa gikomeje gufata indi ntera aho, byibuze 58% by’ibyaha by’ihohoterwa rishingiye byagaragaye mu mwaka ushize ku gitsina ari ibyakorewe abana bato.
Soma inkuru irambuye ⤵️🔗
U Bufaransa bugiye kugenzura ikitaraganya ibyaha ibihumbi 70 biregwamo abasambanyije abana Ubushinjacyaha mu Bufaransa bwategetswe kugenzura ibibazo ibihumbi 70 bijyanye no guhohotera abana nyuma y’urupfu rw’umwana w’umukobwa w’imyaka 11 rwagaragaje ibihanga mu butabera bw’iki gihugu.
Click here to claim your Sponsored Listing.
Category
Contact the business
Website
Address
KN 2 Avenue
Kigali