Simba onli
18/04/2026
๐ถ news update ๐ถ Element agiye guhurira mu ndirimbo imwe nabahanzi bakomeye hano muri East Africa.
๐นMugisha Robinson wamamaye nka Element eleeh yamaze gutangaza y'uko mu minsi irimbere agiye gushyira hanze indirimbo yahurijemo abahanzi babiri bakomeye hano muri East Africa Bien aime, na Joshua baraka.
๐น Element ni Umwe mu bahanzi nya Rwanda kurubu bahagaze neza , aho amaze iminsi akora Ibitaramo byo hanze y'igihugu. Iyi ndirimbo izaba yitwa ayayaah.
Ngayo nguko..... nkwibutsa yuko niba aribwo ukigera kuri iyi page kora follow ujye wibonera amakuru agezweho hano live ๐ด.
Here we go Hot news...
Click here to claim your Sponsored Listing.
Category
Contact the business
Telephone
Website
Address
Kigali