Sakaza Rwanda

Sakaza Rwanda

Share

07/05/2026

‎“Petisiyo yo gusaba ko Mbappé asezererwa yamaze kuba petisiyo yasinywe n’abantu benshi kurusha izindi zose mu mateka, aho imaze gusinywa n’abarenga miliyoni 28, irusha iyasabaga ubutabera bwa George Floyd yari ifite agahigo ka miliyoni 19.
‎Biravugwa ko yamaze gusubira i Madrid gukora isuzuma ry’ubuzima mbere y’umukino ukomeye wa Spanish El Clasico utegerejwe.
‎Nubwo yayoboye ikipe mu kibuga atsinda ibitego 41 ndetse anatanga imipira 5 yavuyemo ibitego, abafana ba Real Madrid ntibaranyurwa na we.”

Photos from Sakaza Rwanda's post 04/06/2025

yateguje ikindi gitaramo cya "The New Year Groove" aca amarenga yo kuzana abahanzi barimo abo muri Tanzania na Amerika.

Ni igitaramo The Ben yakoze ku itariki ya 1 Mutarama 2025 cyasize yanditse amateka muri muzika nyarwanda yo kuzuza BK Arena.

Iki gitaramo kindi biravugwa ko nacyo kizabera muri BK Arena ku itariki ya 1 Mutarama 2026.

Uyu muhanzi ari kubarizwa i Burayi aho ari kwita ku muryango we cyane ko aherutse no kwibaruka imfura yise "Mugisha Luna"

The Ben vuba aha arataramira Abanyarwanda bazahurira muri ‘Rwanda Convention USA’ izabera muri Amerika ku wa 4-6 Nyakanga 2025.

Want your business to be the top-listed Media Company in Kigali?
Click here to claim your Sponsored Listing.

Website

Address


Kigali