Sakaza Rwanda
04/06/2025
yateguje ikindi gitaramo cya "The New Year Groove" aca amarenga yo kuzana abahanzi barimo abo muri Tanzania na Amerika.
Ni igitaramo The Ben yakoze ku itariki ya 1 Mutarama 2025 cyasize yanditse amateka muri muzika nyarwanda yo kuzuza BK Arena.
Iki gitaramo kindi biravugwa ko nacyo kizabera muri BK Arena ku itariki ya 1 Mutarama 2026.
Uyu muhanzi ari kubarizwa i Burayi aho ari kwita ku muryango we cyane ko aherutse no kwibaruka imfura yise "Mugisha Luna"
The Ben vuba aha arataramira Abanyarwanda bazahurira muri ‘Rwanda Convention USA’ izabera muri Amerika ku wa 4-6 Nyakanga 2025.
04/06/2025
Zuchu akomeje kugaragaza ko atewe ishema no kuba Muka Diamond.
Nyuma y'uko mu mpera z'icyumweru gishize Diamond Platnumz na Zuchu bemeje ko bamaze gushyingiranwa, Zuchu yahinduye ibimuranga[bio] kuri Instagram yongeramo izina ry'umugabo we.
Kuri ubu ukigera ku rukuta rwa Instagram rwa Zuchu urabona ko handitseho Mrs Nasibu Diamond Platnumz, cyangwa se Muka Nasibu Diamond Platnumz ugenekereje mu kinyarwanda.
03/06/2025
UPDATES: Umuhanzi Muneza Christophe uzwi nka Christopher nyuma yigihe atagaragara muri muzika yateguje indirimbo nshya yise (Harnessing 2 Opposites.
Click here to claim your Sponsored Listing.
Category
Website
Address
Kigali