Ijambo Ryahindura Ubuzima

Ijambo Ryahindura Ubuzima

Share

28/06/2021

1. Ukaba uri umukobwa mwiza wakuze
wifitiye
ikizere, ugateretwa n'abasore b'ingeri
zose
ukubona abarenga 100 usibye umwe
wihebeye,
ugahora wibaza icyo wakora ngo
wigarurire
umutima we, ubwo abagushakaga ni ko
bagenda bavamo umwe umwe.
Ejo ukabona wa musore ararongoye
ukabona
gukanguka, ugategereza mubazaga ko
hari
uwagaruka amaso agahera iy'ibicu.
Wakubita
agatima ku myaka umutwe ugashyuha.
"aho
ni ho umushiha uvukira"
2. Ukaba uri umusore muto wakuranye
inzozi
zo kuzatunga ibyiza byose, ugakora
amanywa
utaretse amajoro ngo uzabe uri
umuherwe mu
bandi, ariko ugasa nuvomera mu
kayunguruuzo.
Kera kabaye ingata ikagwa, ku myaka 45
imali
ikagusekera wari warahebye
waranabivuyemo.
Maze kubw'imirire mibi yagushegeshe,
wakwikoza agafiriti mu nda hakakurya,
wareba
ku nyama ugafuruta, wanywa agasukari
ukazungera, ukikoza kwa muganga ati
diabete
ni full, goûte rugeretse n'umuvuduko
w'amaraso hafi aho, muganga ntagira
isoni
ati niba ushaka kuramuka ibagirwe
amavuta,
ureke inyama utinye isukari, ugendere
kure
amata n'amagi.
Akaguha urutonde rudashamaje, Akaguha urutonde rudashamaje, ngibyo
ibikoro, imbwija, ibitoki byokeje maze
ikirungi
kikaba intagarasoryo. Mu biryoshye
byose
icyo muganga yibagiwe kukubuza ni
akabariro. "Ngaho aho biva abasaza
bakize
gukunda utwangavu ngo ntibabaho
bataryoherwa"
3.umusore muto umaze imya 4 urangije
kaminuza n'urabona n'akubuyede maçon,
ejo
ukumva ngo hari company cg tv ishaka
abakozi, ukihurira na manager ati shaka
ibihumbi 500, uze wizeye akazi.
Ubwo ufite ibitarenze 200, uti
wanyemereye
nkaguha ayo mfite andi mukazayakura
kuyo
muzampemba, undi ati nsohokera mu
biro
niba udashaka akazi hari abagashaka.
Ugaca hirya no hino ukaguza incuti
n'abanzi,
ukaza ukagura akazi. Ukagatumika
icyumweru
kimwe icya kabiri kitaruzura ikigo kikaba
gikinze imiryango gihombye, ugataha
udahembwe n'ayukwa mbere" ngaha aho
abasore babura burundu"
4. Uri umusore muto wabyirukanye n'
inkumi
nziza muri quartier bose bazi n'ababyeyi
banyu mwese bariyakiriye. Icyo acyeneye
ukakimenya n'amashuri ari wowe uyariha
uvuga uti atinze kuyasoza tugafata ku
idrapeau no kuri bibiliya.
Ama annive mwarafese, ubutembere
mwari
kumwe, maze ku munsi wo gusoza
amasomo
muri ya kanzu nk'iyabacamanza
nyamukobwa
akagukatira urugukwiye na invitation
igutumira. " niho hava abasore kwimukira
kuri
comptoire"
5. Ukaba uri umugore mwiza abagabo
bose
batangarira, bagukundira uburanga
bakagushima ikimero bakakubahira
urugwiro,
ariko uwo wihitiyemo akakubangikanya
n'ibidahuye.
Ngaho ngo wikojeje mu rugo hari cyo
wibagiwe, ugasanga umutuzo udasanzwe
ukibaza niba haba abantu, ugahamagara
reka
da ukinjira muri salon ukisanga
ugakomeza
ugana iy uburyamo, ugakubitwa n'inkuba
usanze papa w'abawe n'ubatekera bihaye
ikibuga bakina bakanisifurira. "Ngaha
aho
biva abamama beza b'amarira adashira"
6. Umugabo w'intakemwa wabyirutse
yitonda,
arubatse arubashywe afite umuhungu
n'umukobwa mbese umuryango
urishimye.
Kera kazabe umugabo agiye kwa
muganga
atarwaye ngo yikorere checking,
muganga
amukojeje mu byuma ati ufite amaraso
macye
kandi n'intanga ntizikomeye ariko hari
umuti
wagufasha kubyara. Uti muganga ariko
mfite
abana. Muganga ati ariko ibipimo
biranyereka
ko udashobora kubyara. Ubwo abo bana
ni
abande? " ni aho hava abagabo bagenda
bivugisha"
INSINZI Y' UTU DUTENDO NI UGUCA
AMAZI
UBUZIMA UKIGIRA NK' UDAHARI,
UKISHIMA
Nujya ubona ibibazo bigukomereye ujye umenyako atariwowe wenyine ubifite u*irikane ko heri beshi Bakurusha Kubabara Ndetse baba bifuza kugera ku rwego nkurwo wowe uriho(ushobora kurira wapfushishe inka undi nawe arikurizwa numushwi wi nkoko ye wapfuye jyumenya rero ko harababaye kukurusha bifuza kugera ku rwego uriho)
Kandi jyuhakura isomo ryo kwihangana no gukomera wizigamire nukundi kwihangana u*itabaza imbere kuko uretse nibyo haribindi bizakubabaza kuko turi mwisi idasakaye ntanarimwe ibibi kuri iyi isi bizavaho ariko Kandi ntamvura igwa ntihite✍️ kanda like kuri page yacu *ima

01/05/2021

Waru*iko✏

°DORE UTUNTU TW'UBWENGE°

1. Isi yitwa umubumbe w'ubururu, kubera ko amazi ariyo menshi kuruta ubutaka ibi bituma iyo uri mwisanzure ubona isi ari ubururu.

2. Ibijumba by'umweru byahinzwe bwambere n'abahinde bo muri america y'amajyepfo mu misozi ya Andes.

3. Inzovu ikoresha umutinzi wayo igacukura hasi mubutaka ishaka amazi ibi bituma inywa litiro 210 z'amazi kuminsi.

4. Ufashe imyobo million 100 ukayuzuzamo amazi warangiza ugafata umwobo umwe ukawushyiramo igitonyanga cyamarasho shark yahita imenya umwobo urimo amaraso.

5. Umuntu ahumbya inshuro 25 mu munota umwe gusa.

6. Mu buyapani hari inkweto zagenewe kujyanwa muri toilet gusa.

7. Umusozi wa kilimanjaro muri Tanzania niwo wonyine ihoraro urubura iteka ryose mumisozi yo mur' afurica y'uburasirazuba.

8. Muri Australia abagabo bo mu bwoko bwaba walibri iyo basuhuzanya bakoresha ibice byibanga byabo mugihe twe dukoresha ibiganza.

9. Million 200 zabantu kumunsi bakora imibonano mpuzabitsina.

10. Umuntu ashobora kurota inshuro 1460 ku mwaka kandi arota inzozi zitandukanye.

Ntiwibagirwe LIKE kuri Page na Share.
*ima

Want your business to be the top-listed Shop in Kigali?
Click here to claim your Sponsored Listing.

Category

Telephone

Website

Address


Kigali