Ahupa Visual Radio Offical
12/01/2025
Perezida Paul Kagame yakiriye Umunyamabanga Mukuru wa OIF mu biro bye – AHUPA VISUAL RADIO – Live Ku mugoroba wo kuri uyu wa 8 Mutarama 2025, Perezida Paul Kagame yakiriye mu biro bye, Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Ibihugu bikoresha Igifaransa, OIF, Louise Mushikiwabo.
12/01/2025
https://ahuparadio.com/2025/01/07/ibirego-nicki-minaj-yari-akurikiranyweho-byateshejwe-agaciro/
Ibirego Nicki Minaj yari akurikiranyweho byateshejwe agaciro – AHUPA VISUAL RADIO – Live Mu minsi ishize Polisi yo mu mujyi wa Detrpit muri Leta zunze ubumwe z’Amerika yafashe icyemezo cyo guta muri yombi umuhanzikazi Nicki Minaj kubera ibyaha yari akurikiranyweho ariko nyuma y’iperereza ryimbitse ubushinjacayaha bwafashe icyemezo cyo gutesha agaciro ubwo busabe bwa Polisi .
12/01/2025
https://ahuparadio.com/2025/01/10/rond-point-yahoze-ari-iya-mtn-kimihurura-yasenywe/
Rond Point yahoze ari iya Mtn kimihurura yasenywe – AHUPA VISUAL RADIO – Live Ahari umuhanda uzengurutse (KBC Rondpoint) hagati ya Kigali Convention Centre (KCC), Kigali Heights (KH) na Kigali Alliance Business Center (KABC) hasenywe burundu.
12/01/2025
https://ahuparadio.com/2025/01/10/ubuhinde-umunyacanada-wimyaka-32-yafatanywe-igihanga-cyingona/
Ubuhinde :Umunyacanada w’imyaka 32 yafatanywe igihanga cy’ingona – AHUPA VISUAL RADIO – Live Abategetsi bo mu Buhinde batangaje ko bataye muri yombi umugabo w’Umunya-Canada ku kibuga cy’indege cy’i Delhi atwaye amagufa y’igihanga cy’ingona mu muzigo we.
12/01/2025
Michelle Obama akomeje kwibasirwa nyuma yo kutitabira umuhango wo gushyingura Jimmy Carter – AHUPA VISUAL RADIO – Live Michelle Obama yakomeje kotswa igitutu nyuma yo kutitabira umuhango wo gushyingura Jimmy Carter wabaye Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, ni we mugore w’umunyacyubahiro utabashije kugaragara muri uwo muhango, ibintu byateje impaka zikomeye.
12/01/2025
Dusingizimana Eric wakoze amateka muri Cricket yasezeye mu ikipe y’Igihugu – AHUPA VISUAL RADIO – Live Dusingizimana Eric wigeze kwandika amateka ku Isi ko kumara amasaha 51 akina Cricket ataruhutse mu mwaka wa 2016 yasezeye ku gukinira ikipe y’igihugu nyuma y’imyaka 10.
12/01/2025
Byiringiro Lague yateye Rayon Sport umugongo yigira muri Police Fc – AHUPA VISUAL RADIO – Live Byiringiro Lague ukubutse mu ikipe yo muri Suéde yasinye amasezerano y’umwaka n’igice mw’ikipe ya Police FC, nyuma yo kudahuza ibiganiro na Rayon Sports.
12/01/2025
https://ahuparadio.com/2025/01/08/mashami-vincent-yahagaritswe-na-police-fc-abura-amezi-6/
Mashami Vincent yahagaritswe na Police Fc abura amezi 6 – AHUPA VISUAL RADIO – Live Yirukanywe nyuma y’iminsi ine Police FC itsinzwe na Rayon Sports ibitego 2-0, byatumye iyi kipe isoza imikino ibanza iri ku mwanya wa kane irushwa amanota 13 na Gikundiro ya mbere.
https://ahuparadio.com/2025/01/09/niyo-bosco-yavuye-muri-kikac-music-nyuma-yamezi-6-ayisinyemo/
12/01/2025
Wizkid n’umukunzi we Jada P mu byishimo byinshi nyuma yo kwibaruka ubuheture bwabo – AHUPA VISUAL RADIO – Live Iyi nkuru yatangiye kumenyekana ubwo Wizkid yandikaga amagambo agira ati:”Ndagukumbuye Gikomangoma gito”.Ibyo byabaye mu minsi 2 ishize, ibi kandi byatangajwe ku mbuga nkoranyambaga aho Jada P yagaragazaga amafoto arikumwe n’uyu mwana,aba bombi bashimiye Imana ku bw’iyi mpano.
07/11/2024