Ebenezer Ministries Rwanda
30/04/2016
Ikinyoma cyambaye Ubusa Kwisanduku Ap.Gitwaza yazanye mu rusengero ahanini yanateje urujijo,... Mu gihe hari abakibaza niba Amasezerano y’Imana aza mu isanduku, abandi nabo bagerageje gucukumbura nyuma yo gushidikanya kuri iyi sanduku Gitwaza yavuze ko ikoze muri zahabu, mu bagerageje gushakisha izina ry’aka gasanduku kuri internet basanze kagura amafaranga atarenze 33.27$ by’amadorali ya Amer…
http://www.ebenezerrwanda.com/dusuzume-ibyanditse-uyumunsi-2016/
DUSUZUME IBYANDITSE UYUMUNSI-2016 - EBENEZER MINISTRIES RWANDA Kuwa gatandatu, tariki ya 19 Werurwe Munyigireho, kuko nitonda kandi noroheje mu mutima.—Mat 11:29. Igihe Yesu yakoraga umurimo we hano ku isi, ibyo yavugaga n’ibyo yakoraga byagaragaje ko yicishaga bugufi by’ukuri. Ntiyigeze ashaka ko abantu baba ari we bibandaho. Ahubwo yashakaga ko ikuzo ryose ri…
Hari Leta za Amerika zasinye itegeko rirengera abapasiteri batemera gushyingira abatinganyi -... Muri Leta zunze Ubumwe za Amerika, kimwe mu bihugu by’ibihanganye kugeza ubu byemerera abantu gushyingiranwa bahuje ibitsina, hari Leta zimwe na zimwe zasinye itegeko rirengera abapasiteri badashyigikiye iri tegeko. Muri izi harimo Leta ya Texas na Georgia ndetse n’iya Florida. CBN yatangaje iyi nk…
RUHANGO: Umuntu umwe wari mu masengesho ku musozi wa Kanyarira ukunze kurirwa n’amagana y’abajya... Umuntu umwe wari mu masengesho ku musozi wa Kanyarira ukunze kurirwa n’amagana y’abajya kuwusengeraho yitabye Imana kuri uyu wa Gatandatu tariki 19 Werurwe. Uwapfuye yitwa Mukamuyango Dancille,w’imyaka 48 wari wagiye gusenga aturutse mu Karere ka Gasabo, ku Kimironko.Abari kumwe na we bavuze ko ari…
Click here to claim your Sponsored Listing.
Website
Address
Kacyiru
000
19/03/2016